By Ubwanditsi | Views : 13650 | Kuya 07-14-2015 08:48
Kuri uyu wa Kabiri kuva saambiri z’igitondo mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda hakaba hari kubera igikorwa aho Abadepite bari kwiga ku busabe bw’abaturage ndetse bakareba niba koko iyi ngigo y’101 yahindurwa gusa abadepite bakomeje bakomeje kwemeza ko iyi ngigo igomba guhidurwa maze Perezida Kagame akongera kwiyamamaza.
Abaturage baje gushimangira ubusabe bwabo
Iki gikorwa cy’Inteko rusange umutwe w’abadepite kikaba cyitabiriwe n’abaturage benshi cyane aho baje kwirebera uko hafatwa umwanzuro ku busabe bwabo.